in

Nyuma y’ibyishimo bagiye korosaho inkuru itari nziza; Umuhanzi Davido yatangaje amakuru atari bwakirwe neza n’abo yahaye ibyishimo

Davido waraye ataramiye abanyarwanda yatangarije umu-blogger witwa Tunde Ednut kuri Instagram ko ashaka guhagarika umuziki atarashiramo umwuka.

Ati ” Nkunda ukuntu abantu banyishimira, si nshaka kuzabona batakinyishimira kuko ibyo bintera ubwoba.”

Davido akaba yakomeje avuga ko mu by’ukuri ikintu cya mbere atinya ari ukuzagera ku rwego aho abafana bazaba batakimwishimira yajya ku rubyiniro bakitahira.

Akaba yahishuye ko ashaka guhagarika umuziki ibyo bitaragerwaho kuko ngo bimutera ubwoba cyane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Daniel
Daniel
11 months ago

Ahaa

RIP Niyitegeka Hertier: habaye impanuka y’imodoka iteye ubwoba ihitana abantu harimo n’umusore wari uyitwaye

Ateye nk’igisabo: Umuherwekazi Alliah Cool nyuma yo kwerekana ibyiza bimutatse yifashe yerekana ibintu bituma akundwa cyane -AMAFOTO