in

Nyuma ya mama we Hakim Sahabo yavuze abakinnyi afatiraho nk’icyitegererezo muri ruhago

Umukinnyi w’umunyarwanda Hakim Sahabo ukinira ikipe ya Standard de Liège mu Bubiligi, nyuma ya Mama we yavuze ko abakinnyi afatiraho icyitegererezo ari Umufaransa Paul Pogba ndetse n’umunya-Brazil, Neymar Jr.

Uyu mukinnyi wavukiye mu Bubiligi muri 2005 akaba afite imyaka 18, yahisemo kuba yakinira u Rwanda atitaye ku kuba u Bubiligi yavukiyemo bwazamuhamagara.

Hari mu kiganiro ‘Le Standard Talk’ giheruka gusohoka aho baba baganiriza abakinnyi ba Standard de Liège ikina mu cyiciro cya mbere mu Bubiligi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abateguye amarushanwa y’ubwiza mu basore ndetse bakaba banategura Miss Black Festival nabo bagiye kujyanwa mu nkiko

Harimo ibyamamare batandukanye! Ubukwe bwa Killaman bwitabiriwe n’abiganjemo ibyamamare – AMAFOTO