in

“Nyina w’umwana yari ahari basambanya umwana we?” Umunyamakuru Mutesi Scovia yavuze ko mu rubanza rwa Titi Brown harimo amayobera benshi – VIDEWO

Mu gihe biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatanu tariki 22 Nzeri 2023, hasomwa umwanzuro w’urubanza rwa Titi Brown ugiye kumara imyaka 2 afungiwe icyaha akurikiranweho cyo gusambanya umwana utagejeje imyaka akamutera inda.

Umunyamakuru Mutesi Scovia yatangaje ko muri uru rubanza rwa Titi Brown harimo amayobera kubera ko ibisubizo by’ibizamini bya DNA byagaragaje ko Titi Brown atariwe wateye inda none ngo umushinjacyaha arasaba ko hashingirwa ku buhamya bwa nyima w’umwana.

Scovia we yavuze ko ubusanzwe umushinjacyaha agendera ku cyemezo cya muganga, gusa aha ho bikaba bigiye kwirengagizwa ahubwo hakagererwa ku buhamya bwa nyina w’umukobwa nkaho yari ahari nasambanya umwana we.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko wakemura ikibazo ufitanye n’umuntu, mukaba inshuti aho kwangana

Ubuyobozi bwa APR FC nyuma yo kubona ko gusezerera Pyramid FC bishoboka bugiye gukorera ikintu abakinnyi kugirango bazakine umukino wo kwishyura biteguye gutsinda ibitego byinshi