in

Nyabugogo: Indaya yagiye kwiha akabyizi n’umusore birangira ibuze umwuka

Ku mugoroba w’ejo umukobwa ukora kazi  kuburaya yahuye n’uruvagusenya ubwo yaragiye kwiha akabyizi n’umusore bari bahuje urugwiro .

Amakuru yagiye hanze nuko umusore yaje guhuza urugwiro ni ndaya birangira bafashe icyumba muri Resident hotel nyabugogo aho byarangiye indaya ihuye n’umusore wanyweye ikinini cyongera imbara mu buriri .

Nibwo baje kujya mu cyumba batera akabari kugeza aho umukobwa yabuze umwuka maze umusore abonye bikomeye ahita akuramo Ake karenge.

Batabaje Ambulance ngo ijyane uwo mukobwa ukora akazi kuburaya kubera kunanirwa kugenda ndetse yabuze n’umwuka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agashya muri #TdRwanda22 : i Musanze, umugabo w’umufundi yarangaje umujyi wose nyuma y’ibyo yakoreye hejuru y’inzu (video)

Abazasifura ku mukino wa Rayon na Apr bamenyekanye! Abafana ba Rayon bahise bizera intsinzi