in

Nyabugogo: Habaye impanuka y’abantu bari buriye mu itaje maze barahanuka bikubita hasi

Mu Karere ka Nyarugenge, ahazwi nka Nyabugogo habaye impanuka ubwo inzu ya Etaje abantu bari buriye bareba uko Perezida Kagame atambuka, icyuma cyacitse “bamwe barahubuka”.

Ntabwo haramebyekana umubare w’aba bakomeretse cyangwa bagize ikindi ibazo muri iyi mpanuka.

Abakorera muri Gare ya Nyabugogo babwiye UMUSEKE dukesha iyi nkuru ko abantu bari buriye hejuru ku nzu icyuma cyacitse baragwa.

Ati “Ubu tuvugana ambulance zirimo gutwara abantu kwa muganga.”

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bagiye kubakora ku nda! Abajura bihimbiye umwuga wo kwiba buri kantu kose gatamba, bagiye gukurwa ku mugati

Uwihirwe Yasipi Casmir wabaye igisonga cya mbere cya Miss Rwanda yasutse amarangamutima ku musore wamutwaye umutima