in

N’umukino w’urupfu no gukira: Umukino wa APR FC na Rayon Sports watangiye kuvugisha abantu

Umukino karundura uzahuza ikipe ya APR FC n’ikipe bahora bahanganye mu mateka ya Ruhago mu Rwanda watangiye kuvugisha benshi mbere y’uko uyu mukino uba.

Umunyamakuru Reagan Rugaju nyuma y’uko ikipe ya APR FC itsinze ikipe ya Kiyovu Sports mu mukino wa 1/2 mu gikombe cy’Amahoro igasanga Rayon Sports ku mukino wa nyuma yatangaje ko kuri uyu mukino buri munyarwanda wese azaba yabucyereye bitewe n’ireme uyu mukino ufite.

APR FC na Rayon Sports zizakinira umukino wanyuma w’igikombe cy’Amahoro kuri satade ya karere ka Huye ku wa 3 Kamena 2023 akaba ari umukino utegerejwe na benshi mu bakunzi ba Ruhago mu Rwanda kuko izi kipe zombi zinyotewe iki gikombe.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yacuruzaga amazi ku muhanda! Ubuzima bushaririye rutahizamu Victor Osimhen yanyuzemo mbere y’uko aba icyamamare

Uyu mugore ntiyoroshye’ Dj Brianne ngo mu gihe yaba afite umugabo avuze agashya yazajya amukorera abantu bifata ku munwa(Videwo)