in

Nubwo ari kure ariko abazagerayo muzahirwa: Karasira Clarisse yijeje ibidasanzwe abakunzi be bazagera ahantu azakorera udushya

Nubwo ari kure ariko abazagerayo muzahirwa: Karasira Clarisse yijeje ibidasanzwe abakunzi be bazagera ahantu azakorera udushya.

Umuhanzikazi ukunzwe cyane mu Rwanda Karasira Clarisse yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yatumiye abakunzi be bose muri ‘Concert’ afite izaba tariki 20 Kanama 2023 ikaba izabera mu gihugu cya Portland.

Uyu muhanzikazi yatangaje ko abantu bazagera muri Portland abafitiye udushya twinshi.

Ifoto ya Karasira Clarisse ari kumwe n’umugabo we:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuraperikazi Young Grace yeretse abakunzi be ibyo ashoboye batangira kwibaza niba yarabyaye -IFOTO

Icyo wamenye ku ikipe izakina na Rayon Sports kuri Rayon Day n’impamvu yagizwe ubwiru yatumye ubuyobozi ari yo buhitamo