in

NdababayeNdababaye

Ntibisanzwe:Ku myaka 8 y’amavuko afite isura nkiy’umusaza rukukuri(AMAFOTO)

Uyu mwana afite ibitekerezo nk’iby’umwana w’imyaka 8 ariko isura ye ni iy’umusaza w’imyaka 80.

Wagirango ni umusaza kandi afite imyaka 8 gusa

Bayezid Hossain, ukomoka i Magura mu majyepfo ya Bangladesh, afite uburwayi butuma umubiri usaza inshuro umunani ku gipimo gisanzwe cyimyaka umuntu afite.

Ikinyamakuru Daily Mail cyatangaje ko afite isura yabyimbye, uruhu rwijimye, ingingo ze zose zarashaje,ndetse kwihagarika biramugora.

Nyina w’uno mwana witwa Tripti Khatun, yavuze ko amenyo ye yakuze afite amezi atatu gusa. Amakuru avuga ko ariko ubu ku myaka 8, amenyo ye yamaze gucika intege no amwe atangira gukuka.

Bayezid arwaye indwara yitwa progeria itera gusaza vuba. Abarwayi ba progeria mu bisanzwe ntibamara imyaka 13 bakiriho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imyitwarire igayitse idakwiye kuranga abakundana bya nyabyo|Yasenya urukundo rwanyu mutayitondeye.

Uyu ni we mupasteri wa mbere wirata mu Rwanda bikamubera |Agiye kugura indege.