in

NdababayeNdababaye

Uyu ni we mupasteri wa mbere wirata mu Rwanda bikamubera |Agiye kugura indege.

Uyu mupasteri ukomeje guca ibintu hirya no hino bitewe n’amashusho bakunze kumufata avuga ibintu bidasanzwe, n’amagambo adasanzwe yiyemerera ko ari we mupasteri wirata bikamubera kandi ko agiye kugura indege.

Uyu mupasteri aratangaje bitewe nibyo agenda avuga, azwiho kubazwa ikibazo kimwe akaba yagisubiza mu magambo menshi cyane.Aganira na Isibo Tv yavuze ko yabayeho mu buzima bubi,ari umwana wo ku muhanda ,ku myaka 12 gusa.Ngo yaribye,anywa urumogi,essence,ndetse akora ibindi bikorwa byinshi bigayitse,ariko ngo Imana yamuhinduriye amateka kuri ubu afite imodoka,ninzu nziza ,igisigaye ni uko agiye kugura indege.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntibisanzwe:Ku myaka 8 y’amavuko afite isura nkiy’umusaza rukukuri(AMAFOTO)

Umuratwa Anitha wegukanye ikamba rya Miss Supranational burya ngo Pasteri yari yarabimubwiye.