in

“Ntawundi mugore nzigera nshaka mu buzima bwange”: Umusore wakoze ibishoboka byose ngo atsindire umutima wa Vestine akomeje guterwa imijugujugu bitewe n’amagambo akakaye yatangaje -AMASHUSHO

“Ntawundi mugore nzigera nshaka mu buzima bwange”: Umusore wakoze ibishoboka byose ngo atsindire umutima wa Vestine akomeje guterwa imijugujugu bitewe n’amagambo akakaye yatangaje.

Abakobwa babiri bavukana baririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bari mu bakunzwe cyane hano mu Rwanda aribo Vestina na Dorcas hari umusore ukomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga kubera urukundo rudadanzwe akunda uwitwa Vestina rwatumye afata ifoto y’uyu mwana w’umukobwa ayishyirisha ku mubiri ku buryo bwa burundu.

Uyu musore wishyizeho amagambo n’ifoto ya Vestina mu rwego rwo ku mwereka ko yamwihebeye yatumye abantu bacika ururondogoro ubwo yatangaza ko ntawundi mugore azigera ashaka kandi ko akunda Vestina yabyemera atabyemera.

Amashusho:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Ghana yasize umukinnyi wayo ukomeye cyane mubo izakoresha mu gikombe cya Afurika.

Mu Murenge wa Kimironko hasezeraniye umugabo wambaye ijipo itaratse bicyekwa ko ari abatinganyi bahasezeraniye