in

Ikipe ya Ghana yasize umukinnyi wayo ukomeye cyane mubo izakoresha mu gikombe cya Afurika.

Umusore w’imyaka 30 Thomas Partey ukina mu kibuga hagati mw’ikipe ya Arsenal, ndetse n’ikipe y’igihugu ya Ghana ntago yigeze imuhamagara mu bakinnyi izakoresha mu gikombe cya Afurika kubera ikibazo cy’imvune.

Umutoza wa Ghana (Black Stars) Chris Hughton yavuze ko impamvu atahamagaye uyu musore ari uko yagize ikibazo cy’imvune ikomeye cyane.

yagize ati” n’imvune ikomeye cyane afite , Icyintu cyingenzi kuri nge ni ukumufasha mu bihe ari gucamo imvune nikira azaba ari kumwe na bandi”

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Kenny Sol yambitse impeta inkumi y’uburanga bitegura kurushinga.

“Ntawundi mugore nzigera nshaka mu buzima bwange”: Umusore wakoze ibishoboka byose ngo atsindire umutima wa Vestine akomeje guterwa imijugujugu bitewe n’amagambo akakaye yatangaje -AMASHUSHO