in

Ntabwo dutinya Messi! Ubwishongozi bw’abakinnyi b’Ubufaransa mbere yo gucakirana na Argentina ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi

Theo Hernandez myugariro w’ikipe y’igihugu y’Ubufaransa yavuze ko badatewe ubwoba na Lionel Messi rutahizamu wa Argentina.

Theo Hernandez watangiye intambara y’amagambo

Ikipe y’igihugu y’Ubufaransa izacakirana na Argentina ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi uyu mwaka, Argentina yageze ku mukino wa nyuma imaze gutsinda Croatia ibitego bitatu ku busa mu mukino wa 1/2 n’aho Ubufaransa butsinda Morocco ibitego bibiri ku busa.
Amagambo yatangiye kuba menshi ku mpande zombi, Theo Hernandez ukinira Ubufaransa niwe wabimburiye abandi maze avuga ko abakinnyi b: Ubufaransa badatinya Messi ariko bubaha ikioe ya Argentina.

Ubufaransa buracakirana na Argentina ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi uyu mwaka uzaba ku cyumweru ukabera kuri Lusail iconic Stadium ugatangira ku isaha ya saa kumi n’imwe za Kigali.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yihaye kwandikira kuri WhatsApp Sheri we ngo ndagukunda uramusebya

Kayonza: Umusore w’imyaka 23 yatawe muri yombi nyuma yoguhohotera umwana w’imyaka 4 amusambanya