in

Umusore yihaye kwandikira kuri WhatsApp Sheri we ngo ndagukunda uramusebya

Ku mbuga nkoranyambaga hasakaye ubutumwa bw’umusore wasebejwe n’umukunzi we nyuma yo kumwandikira ubutumwa bwinshi burimo ijambo “ndagukunda”.

Uyu musore yari yiteze kumbwirwa ijambo ryiza ariko siko byagenze . Mu butumwa yanditse ngo ndagukunda inshuro nyinshi umukobwa adasubiza.Igisubizo yaje kumuha nyuma yamubwiye ko amukuraho induru.Ni ikintu kibi kuri uyu musore kuko urukundo yari ateze ku mukunzi we atarumuhaye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Indirimbo “Gusaakara” ya Yvan Buravan yasubiwemo na Chorale de Kigali mu majwi aryoheye amatwi(videwo)

Ntabwo dutinya Messi! Ubwishongozi bw’abakinnyi b’Ubufaransa mbere yo gucakirana na Argentina ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi