in

“Nta kizere ko Chelsea izava aha iri” Graham Potter nyuma yo kugurirwa umuhisi n’umugenzi

N’ubwo umutoza wa Chelsea arimo agenda agurirwa abakinnyi uko ashatse, we atangaza ko nubwo ahabwa abakinnyi bwose ariko Chelsea ntabwo iteze kuzava aho iri kubera ko bitahira bikunda.

Graham Potter yagize ati “Nta cyizere ko bizakunda.Buri cyemezo ugiyemo ugomba kugira kwicisha bugufi ukavuga ko utabonye ibisubizo byose.Ushobora gutomboza birimo uburere ukavuga ibizabaho.”

Aya magambo ya Potter yaje akurikira ay’abatoza barimo Jurgen Klopp na Thomas Frank banenze Chelsea uburyo isesagura amafaranga ku isoko igura abakinnyi.Klopp yagize ati “Bakemuye ikibazo mu buryo butandukanye n’ubwacu.Ntabwo nizeye ko bazakomeza kubikora mu myaka 10 iri imbere.

Umutoza wa Brentford,Thomas Frank,yavuze ko kugura Mudryk miliyoni 88 z’amapawudi ari ubusazi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ayihagaze hejuru agacishamo akayiryamaho, umumotari aciye Impaka mu gutwara moto (video)

Umugabo yahaye isomo rikomeye umukunzi we wamuciye inyuma biteguraga ubukwe