in

Nshuti Yannick uzwi nka Killer Man yifatiye kugakanu abagabo badaha agaciro abagore

Nshuti Yannick uzwi nka Killer Man muri filime z’uruhererekane yanenze abagabo badaha agaciro abagore babo, bagahora bababona nk’imburamumaro kandi ari abanyembaraga bahambaye

Mu magambo yanyujije ku rukuta rwa Instagram ye yagize ati ” Igihe cyose uzicara mu rugo ukiyumva ko uri umugabo kuko uhaha, ukumva urenze, ntabwo urenze. Kuko umugore agiye kukwishyuza ibintu byose agukorera! Aragutekera,aragusasira akurerera abana. Akwishyuje wamwishyura angahe?”

Yakomeje ati ” Hari ibintu bijya byifata nk’ibigoryi! Kikumva cyabaye intare mu rugo, kikumva kirenze! Ubwo urarenze wowe? Cyangwa umugore niwe urenze? Ntabwo turenze. ” Harenze umuntu umpereza ibiryo akabishyira ku meza kuko aba afite ubuzima bwanjye mu kiganza cye”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Imipira ya ARP tuyihanaguje inkweto”! Amashusho agaragaza umufana ari guhanaguza inkweto ijezi ya ARP FC akomeje gucicikana

“Dukeneye umukinnyi wacu”! Abafana ba APR FC bagaragaje umukinnyi ushobora kuza akabahoza amarira n’agahinda bafite -Videwo