in

“Nshaka umugore uteye gutya niyo yaba ari ishyano”: Umusore akomeje kuvugisha benshi nyuma yo kwerekana ifoto y’umukobwa yifuza ko yamubera umugore akihanganira indi mico ye itari myiza -IFOTO

“Nshaka umugore uteye gutya niyo yaba ari ishyano”: Umusore akomeje kuvugisha benshi nyuma yo kwerekana ifoto y’umukobwa yifuza ko yamubera umugore akihanganira indi mico ye itari myiza.

Abakoresha urubuga rwa X rukunzwe cyane na benshi ku Isi bakomeje kugishwa nibyo uwitwa “Emera ko ukennye” kuri uru rubuga yatangaje ni nyuma yaho afashe ifoto y’umukobwa w’ikimero akayishyira kuri X maze yarangiza akagira ati:”Nshaka umugore uteye gutya niyo yaba ari ishyano” bikaba byatumye abantu bacika ururondogoro.

Ifoto:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu cy’u Rwanda Amavubi, Kwizera Olivier, yagaragaje ko yibwe umwanya we wo gukinira ikipe y’Igihugu -IFOTO

Undi muhanzi ukunzwe n’abatari bake yasezeye umuziki yiyegurira Imana