in

Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu cy’u Rwanda Amavubi, Kwizera Olivier, yagaragaje ko yibwe umwanya we wo gukinira ikipe y’Igihugu -IFOTO

Umunyezamu w’ikipe y’Igihugu cy’uRwanda Amavubi, Kwizera Olivier, yagaragaje ko yimwe umwanya we wo gukinira ikipe y’Igihugu.

Anyuze kumbuga Nkoranyambaga ze Kwizera Olivier yanditse amagambo yafashwe nko gutakamba asaba ko yagarurirwa icyizere mu ikipe akongera agakinira Amavubi nyuma yo guhagarikwa inshuro nyinshi yageraho ntiyongere guhamagarwa.

Mu butumwa yasangije abamukurikira kuri Konti ye ya Instagram, yagize ati:”Basezereye izina ryanjye , ku rutonde mu gihe umugisha wari usohoye.Bashakaga gufata umwanya wanjye, ariko ikirere kiranyiyereka”.

Nubwo uyu musore atigez agaragaza neza ibyo yavugaga benshi bahise batekereza ko avuze Amavubi , bamubwira ko bamukumbuye mu ikipe y’Igihugu.Uwitwa Alfredy Ndagijimana yagize ati:”Turagukumbuye mu Mavubi muvandimwe”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo kurya biriho amazira ntoki bikomeje kuvugisha benshi

“Nshaka umugore uteye gutya niyo yaba ari ishyano”: Umusore akomeje kuvugisha benshi nyuma yo kwerekana ifoto y’umukobwa yifuza ko yamubera umugore akihanganira indi mico ye itari myiza -IFOTO