in

Noneho harashya: Umuhanzi Kenny Sol yeruye avuga uruhande ahagazeho hagati ya Bruce Melodie na The Ben 

Noneho harashya: Umuhanzi Kenny Sol yeruye avuga uruhande ahagazeho hagati ya Bruce Melodie na The Ben.

Umuhanzi uhagaze neza muri muzika nyarwanda Kenny Sol ubwo yari akubutse muri Canada ageze ku kibuga cy’indege i Kanombe yakiriwe n’itangazamakuru maze abazwa kubijyanye na “Battle” ivugwa hagati ya Bruce Melodie na The Ben maze avuga ko byaterwa nicyo yaba igamije ngo dore ko n’ubundi ari bintu bisanzwe no muri Amerika bihaba avuga ko icya mbere ar’uko byakinjiza amafaranga kandi bigakorwa ntarwango rubirimo.

Kenny Sol abajijwe uruhande ahagazeho hagati ya Bruce Melodie na The Ben yirinze kuvuga uwo yemera kurusha undi maze avuga ko bose abemera.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hehe no kuyatwara mu ikofi! BNR yatangaje ko igiye gukoresha ifaranga ry’igihugu ry’ikoranabuhanga, CBDC ‘Central Bank Digital Currency’

Ngabo Karegeya yashimiye inshuti ye Ingabire Egidie Bibio wo kuri RBA wifatanyije n’umuryango we mu kababaro ko kubura umubyeyi wabo