in

Ngabo Karegeya yashimiye inshuti ye Ingabire Egidie Bibio wo kuri RBA wifatanyije n’umuryango we mu kababaro ko kubura umubyeyi wabo

Mu minsi mike ishije nibwo Ngabo Karegeya wamenyekanye kuri X nka Ibere rya Bigogwe, yatangaje ko Sekuru we yitabye Imana.

Ingabire Egidie Bibio uvuga amakuru kuri RBA, yihanganishije Ngabo Karegeya ndetse n’umuryango we bagize ibyago byo gupfusha uyu musaza.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Ngabo Karegeya yashimiye Ingabire agira ati “Wakoze cyane Nshuti yanjye, warakoze kumusura ubwo yari arwaye.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Noneho harashya: Umuhanzi Kenny Sol yeruye avuga uruhande ahagazeho hagati ya Bruce Melodie na The Ben 

Akazuba kagarutse! Uko iteganyagihe ryo mu Rwanda riraba rimeze kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Ugushyingo 2023 kuva saa 6:00 – 12:00