in

NDASETSENDASETSE NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze YEGOKOYEGOKO

Nonaha Umufundi akoze agashya nyuma y’uko banze kumwishyura

Umusore w’imyaka 25 y’amavuko wakoze imirimo yo kubaka inzu igeretse yo mu Kagari ka Kabeza mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro, yagiye kwishyuza amafaranga yakoreye ariko ntibahita bamwishyura undi ahita afata umwanzuro wo kujya hejuru y’iyi nzu.

Uyu musore witwa Niyoyaremye Jean Baptiste yabwiye Radio&TV10 dukesha iyi nkuru ko yakoze imirimo yo kubaka iyi nyubako akaba yaragombaga kwishyurwa ibihumbi 117 Frw ahita afata icyemezo cyo kuyiguma hejuru kugeza bamwishyuye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben yakoreye Meddy n’abandi bari mu birori bye ibintu bidasanzwe (video)

Ibyo Kadaffi Pro yakoreye Bijoux wo muri Bamenya ubwo yararimo kumufotora mu bukwe bwe