in

“Nkunda umugabo urya amafaranga yanjye” umugore yagiriye inama bagenzi be yo guha abakunzi babo amafaranga

Umugore yahinyuje ibyo abandi bagore bapinga maze ahamya ko akunda iyo ahaye umugabo amafaranga ye akayarya ndetse agira inama abandi bagore kubigenza batyo.

Uyu mugore yavuze ko umubano ugomba kuba ubufatanye kandi atari parasitike niyo mpamvu ari bibi ko abagore bemera ko abagabo babo bakomeza gukoresha amafaranga kandi nta kwisubiraho.

Bewaji yasabye ko bashobora guha amakarita yabo ya ATM umugabo wabo rimwe na rimwe bakamubwira gukuramo amafaranga ashaka akayarya.Yongeraho ko we akunda umugabo urya amafaranga ye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abafana ba Bwiza babuze amahitamo nyuma yuko abasabye guhitamo ifoto imwe bakunze mu yo yari yifotoje

Madederi wo muri Papa Sava yatatse umuzamu Kwizera Olivier amubwira utugambo twiza