in

Abafana ba Bwiza babuze amahitamo nyuma yuko abasabye guhitamo ifoto imwe bakunze mu yo yari yifotoje

Umuhanzikazi Bwiza umaze kumenywa n’abantu benshi kubera indirimbo ze harimo Ready, My Day yakoranye na Symphony Band n’izindi zakunzwe n’abakunzi b’umuziki nyarwanda, yasabye abafana be guhitamo ifoto imwe mu mafoto yifotoje ubwo yarari muri studio za Radio 106.1 Next Radio yo muri Uganda.

Nkuko aya mafoto abigaragaza, Bwiza yari yatumiwe aho yagaragazaga ibyishimo ku maso ye no ku nseko ye yishimira kuba ari muri studio za 106.1 Next Radio.

1
2
3
4

Nyuma yuko Bwiza asabye abafana be guhitamo ifoto imwe mu yo bakunze muri aya mafoto, abafana be bavuze ibi bikurikira:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo ni impumyi: umusaza yagaragaye arya ubuzima n’inkumi y’ikizungerezi(amashusho)

“Nkunda umugabo urya amafaranga yanjye” umugore yagiriye inama bagenzi be yo guha abakunzi babo amafaranga