in

Nibisanzwe ko umuntu yazana ubwoya mumaso ariko byarabaye

Inkuru y’umugore washatse umugabo ufite ubwoya mumaso akemera gukundana nawe nakindi kinu agendeyeho ahubwo Ari urukundo gusa.

Ninkuru yurukundo rwabo aho basobanura urukundo icyo Ari cyo mumagambo aryoheye amatwi kuburyo buri muntu wese uyumvise afatwa nikiniga.

Bagize bati: urukundo Si uko umuntu agaragara inyuma ahubwo urukundo nuko umuntu agaragara imbere mbese nukunda umuntu nuzite uko agaragara inyuma ahubwo uzite uko akwereka urukundo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo umujura yakoze agifungurwa birababaje

Uwahoze ari umukunzi wa Cyusa yatangiye ukwezi urya ubuzima(video)