in

Niba ushaka gushwana n’umukunzi wawe mubaze ibi bibazo.

Hari ibibazo 12 byose ugomba kubaza umukunzi wawe mwahoze mukundana ariko ukaba wifuza ko mwatandukana,ibi bizagufasha kwisuzuma no kumenya impamvu yari yaragukunze,urebe niba byari bikwiye ko mukomezanya cyangwa se ko ari ngombwa koko ko mushwana mugatandukana burundu.

1.Ese uracyantekereza ?

2.Ese ni iki cyatumye unkunda?

3.Ese Ni iki wakunze kuri njye? Kuki wankunze?

4.Ese wankunze ukimbona cyangwa ni ibyo nagukoreye byatumye unkunda?

5.Ese hari ingaruka nziza nazanye mu buzima bwawe?
6.Ese urukundo rwacu hari isomo rwadusigiye?
7.Ese narakubabaje?
8. Ese ubundi hari icyo urukundo rwacu rushingiyeho?

9.Ese koko warankundaga?

10.Ese nyuma yo kumbura byasabye imbaraga kunyibagirwa?

11.Ni iki nagukoreye gitandukanye wumva wishimira?

12.Ese ubwo uba wumva wasaba imbabazi?

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: umurambo wasanzwe uryamye iruhande rw’inzoga||abaturage bagize ubwoba.

Umunyamakuru ukomeye wa RBA yeretse urukundo rudasanzwe umwana we(Video).