in

Ngororero: Abagore bafata ifu ya Shisha Kibondo basigaye bayihera abagabo babo, basigaye bayita Shisha Bwana

Mu Rwanda hari ababyeyi bahabwa inkunga y’ifu bita Shisha Kibonda ihabwa ababyeyi bafite abana bari mu mirire mibi hagamijwe ko bagira imirira myiza.

Mu Karere ka Ngororero mu murenge wa Matyazo haravugwa inkuru y’ababyeyi bamwe bahabwa ifu iyi fu ya Shisha Kibondo igamije gufasha abana babo kuva mu mirire mibi n’igwingira maze ntibayibategurire.

Ahubwo baravugwaho kuyitegurira abagabo babo dore ko hari n’abayihinduriye izina maze ubu bakaba bakayita Shisha Bwana.

Si aha gusa havuzwe ibyo kuba ifu Shisha Kibondo iginewe abana ahubwo isigaye itegurirwa abagabo dore ko ahandi bayita Shisha Mugabo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ronaldo ntabwo azongera kunkinira mu ikipe ukundi – umutoza Erik Ten Hag abwira ubuyobozi bwa Manchester United

Bigeze ahakomeye:Prince Kid bwa mbere agiye kuburana ari hamwe n’abatangabuhamya bahamagawe n’urukiko uko ari 3.