in

“Ngewe meya wa karere mushya ndahiriye ko nzarya ibyubusa, kandi nzayobora ntawumagaze hejuru” iyumvire indahiro y’umusinzi wigize meya

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amashusho y’umugabo wanyweye inzoga agasinda akagera aho kurota yabaye meya w’akarere ka Burera.

Uyu mugabo yasekeje abantu cyane ubwo yarahiraga agira ati “Ngewe meya mushya ndahiriye ko nzarya ibyubusa, kandi nzayobora ntawumagaze hejuru”.

Reba videwo….

 

 

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru w’imikino w’umuhanga wakoreraga Flash FM yamaze gusinyira Radio 10

Indyo buri mukobwa cyangwa umudamu agomba kurya mugihe cy’ukwezi kw’imihango