in

“Ndicuza impamvu naguhaye ubusugi bwanjye” Paula umukobwa wa Kajala Farida ari kwicuza kuba yaremeye guha ubusugi bwe Rayvanny bakundanyeho

Paula umukobwa wa Kajala Farida ari kwicuza kuba yaremeye guha ubusugi bwe Rayvanny bakundanyeho.

Uyu mukobwa umaze kuba kimenyabose yucujije kuba yarahaye ubusugi bwe umuhanzi Rayvanny bakundanye.

Mu butumwa yanditse asubiza ubwa Rayvanny, yamubwiye ko yatumye isi yose umumenya nk’indaya.

Akomeza avuga ko yicuza kuba yeremeye guha Rayvanny ubusugi bw’iwe ubwo urukundo rwabo rwagurumanaga.

Paula kandi akomeza guterwa agahinda n’ukuntu abantu bose bamubwiraga ko yatwaye umugabo w’abandi.

Kuri ubu Paula ari mu munyenga w’urukundo n’umusore witwa Marioo na we usanzwe akora umwuga wo kuririmba.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Musore uzarebe neza utazaba waratuburiwe” B threy yagiriwe inama isumba izindi nyuma yuko byagaragaye ko umugore agiye kubyara nyuma y’amezi 3 gusa babanye

Nyuma yuko abajura bakomeje kuba benshi mu mujyi wa Kigali hari uwabyungukiyemo kubera akazi ke