in

Nyuma yuko abajura bakomeje kuba benshi mu mujyi wa Kigali hari uwabyungukiyemo kubera akazi ke

Nyuma yuko abajura bakomeje kuba benshi mu mujyi wa Kigali hari uwabyungukiyemo kubera akazi ke

Mu mashusho atandukanye hakomeje gucaracara amashusho asekeje y’umugabo ukora umushinga wo gucuruza unkoni ndetse avuga ko akamaro kazo ari ugukubita abajura bahora mu mazu no mu mifuka y’abantu bagenzwa no kwiba.

Mu mashusho uyu musore agaragara afite umuba ubyibushye urimo inkoni nyinshi kandi zishishuye neza,

Reba video hasi..

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ndicuza impamvu naguhaye ubusugi bwanjye” Paula umukobwa wa Kajala Farida ari kwicuza kuba yaremeye guha ubusugi bwe Rayvanny bakundanyeho

Yakoze ibyananiye abamurenze: Umunyarwandakazi Sherry Silver yabyinishije umunyacyubahiro imbyino zigezweho (video)