in

Ndimbati yiyamye abamubitse ko yapfuye ari muzima.

Umunyarwenya Uwihoreye Jean Bosco Mustafa uzwi nka Ndimbati muri filime ya papa Sava yiyahanije abakomeje kuvuga ko yapfuye kandi ari muzima.

Ni nyuma yaho Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rwamagana iherutse kurasa umusore witwa Iradukunda Elissa wari warenze ku mabwiriza yo kwirinda covid, uyu musore ngo bakundaga kumwita “Ndimbati”kubera imiterere ye.Ibi byatumye hari abakeka ko ari Ndimbati wo muri Papa Sava witabye Imana.

Mu kumara amazimwe ,uyu munyarwenya yanyarukiye kuri instagram ye maze ashyiraho videwo ahamya ko ari muzima ndetse yiyama nabakomeje kumuvugaho amakuru mabi ko atakiriho.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu ibanga rikomeye! Arthur Nkusi n’umukunzi we barushinze(amafoto)

IFOTO Y’UMUNSI: Umugabo wa Knowless akiri muto