in

Ndimbati impano irakomeje aho afungiye, akomeje gukora amateka.

Uwihoreye jean Bosco wamenyekanye ku izina rya Ndimbati, akomeje nubundi kwigaragaza aho afungiye muri gereza.

Igihe hari hari gutangwa impamya bushobozi ku bagororwa 600 bari bamaze kurangiza amashuri yabo mu myuga hakinywe umukino ugamije gukangurira abantu guteza imbere uburezi ndetse no gusubiza abana mu mashuri.

Ndimbati yakinnye ari umubyeyi itari mu rugo, wahamagaye umugore we kugirango abaze amakuru y’uko byifashe mu rugo ndetse nimba abana bose bari mu mashuri.

Yasoje asetsa abantu muri ya mpano ye, abantu benshi bemeza ko ntaho yagiye igihe azarekurirwa n’ubundi nta kabuza azaza agifite ubuhanga nk’ubwo yahoranye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore yarumwe n’inzoka ku kibuno ari mu bwiherero kubera ikosa yakoze

Abavandimwe bafashwe basambanira kumva ya se