in ,

“Ndayinenga ikintu kimwe” The Cat Babalao yatangaje ikintu gikomeye anenga indirimbo iri ku bica bigacika yitwa Fou De Toi

Umugabo ukomeye cyane ku mbuga nkoranyambaga uzwiho gushyushya imyindagaduro cyane hano mu Rwanda yatangaje ikintu gikomeye anenga indirimbo y’ibyamamare bikomeye cyane hano mu Rwagasabo.

The Cat Babalao wamamaye cyane ku rubuga rwa Instagram yatangaje inenge abona mu indirimbo ya Element,Ross Kana hamwe na kizigenza Bruce Melodie. Mu magambo ya The Cat Babalao yavuze ko iyi ndirimbo amajwi yayo ari meza pe! gusa ngo amashusho yayo ntaho bihuriye.

Uyu mugabo avuga ko yafashe umwanya uhagije wo kumva iyi ndirimbo ariko yemeza adashikanya ko amajwi yayo nta hantu ahuriye n’amashusho.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyapfuye ntawutayiryaho! Shaddy Boo wagize i Dubai nk’iwabo, yajombye icumu mu muvogo w’igisebe cya APR FC nyuma yo gukomeretswa na RAYON SPORTS

Lucky Nzeyimana yasebereje MC Tino i Huye induru ziravuga