in ,

Iyapfuye ntawutayiryaho! Shaddy Boo wagize i Dubai nk’iwabo, yajombye icumu mu muvogo w’igisebe cya APR FC nyuma yo gukomeretswa na RAYON SPORTS

Shaddy Boo wagize i Dubai nk’iwabo, yamwajije APR FC nyuma yo kugarikwa na RAYON SPORTS.

Nyuma y’uko APR FC itwawe igikombe na RAYON SPORTS, Shaddy Boo yafashe akanya akora ibimeze nko kujomba ihwa mu muvogo w’igisebe.

Yifashishije urukuta rwe rwa Twitter, Shaddy Boo yagize ati: “Ibikona babipfuye”.

Si yanyuzwe no kuvuga gutyo ahubwo yongeye asongamo ati: “Ndi gushaka umuntu ufite amababa y’umukara nyagure”.

Ubusanzwe Shaddy Boo avuga ko ari umufana wa Kiyovu Sports.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yayashyiraga mu bice by’ibanga! Anita Pendo yatunguye imbaga y’abantu kubera ahuntu yatsimbaga amafaranga yahabwaga n’abo yari ari guha ibyishimo (VIDEWO)

“Ndayinenga ikintu kimwe” The Cat Babalao yatangaje ikintu gikomeye anenga indirimbo iri ku bica bigacika yitwa Fou De Toi