in

Ndanda wabyaranye na Anita Pendo yamaze kubyarana n’undi mugore yamusimbuje

Nizeyimana Alphonse wamenyekanye nka Ndanda mu bijyanye na ruhago ndetse akaba yarabanye na Anita Pendo yamaze kubyarana n’undi mugore yamusimbuje.

Ku mugoroba wo ku wa 27 Mata 2023 nibwo umuryango wa Ndanda usigaye uba mu Bwongereza wishimiraga ko bibarutse umwana wabo w’imfura, akaba ubuheture bw’uyu mugabo.

Ku wa 8 Nyakanga 2021 nibwo Ndanda yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Grace. Kuri ubu abo bombi bibera mu Bwongereza.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niyonzima Olivier Sefu washakwaga cyane na Rayon Sports yamaze kumvikana n’ikipe ikomeye hano mu Rwanda irusha cyane amafaranga Gikundiro

Mukunzi Yannick na Mugenzi we Mubumbyi Bernabe bakoze igikorwa cy’urukundo mu Rwanda (AMAFOTO)