in

“Ntangiye kuvuga kuri album yange hahise haza umugore avuga ko namuteye inda” Mu gahinda kenshi Yago Pundat yavuze impamvu atajya acika intege

Umuhanzi uri mu bagezweho hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya Yago Pundat yatangaje impamvu atajya acika intege mu rugendo rwe rw’umuziki.

Mu kiganiro yagiranye na Televiziyo ya Isango TV Yago yavuze ko atiba impamvu yaba atangiye kuvuga kuri album yange hahise haza umugore avuga ko namuteye inda nyuma Nanone yabajijwe impamvu ituma adacika intege avuga ko nta ntege agira.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ni we mugore yigeze mu buzima bwe aramunyura: Umunyamakuru Fuadi Uwihanganye yabwiye umugore we amagambo meza ku isabukuru ye y’amavuko

“Umu mama ubarusha ubwiza uvanyemo mama wanjye”: Gloria Mukamabano akomeje kuvugisha benshi kubera ifoto yasangije abakunzi be -IFOTO