in

“Nabanaga nawe ari indaya yange”! Killer Man yise umugore we “Indaya” kumugaragaro nyuma yo gusezerana

Niyonshuti Yannick umaze kwamamara muri Sinema Nyarwanda nka Killer Man mu minsi ishize yasabye anakwa umugore we Shemsa.

Ni umuhango wabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 2 Werurwe 2024 ubera muri Romantic Garden ku Gisozi.

Mu kiganiro uyu mugabo yagiranye n’umunyamakuru wigenga Irene Mulindahabi yavuze ko iyo umugabo abana n’umugore batarasezeraba aba ari indaya.

Abajijwe niba nawe umugore we bari indaya yabyemeje yivuye inyuma kuko ngo babanaga batarasezeraba.

Yagize ati:”Nabanaga nawe ari indaya yange kubera ko tutari twarasezeranye ariko ubu ni umugore wange byemewe n’amategeko ndetse n’imbere y’Imana”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Samusure nyuma y’uko amadeni atumye ahunga igihugu yongeye kubura umutwe yikomanga mu gatuza

Chriss Eazy yahishuye ibintu bitatu yakundiye Pascaline