in

Chriss Eazy yahishuye ibintu bitatu yakundiye Pascaline

Umuhanzi uri mu bagezweho hano mu Rwanda uzwi ku izina rya Chriss Eazy nyuma yigihe biri gucicikana ku mbuga nkorambaga ko ari mu rukundo na Pascaline yatangaje amagambo akomeye kuri we.

Hari mu kiganiro Sunday night gitambuka kuri radiyo ya Isangostar aho yabajijwe ibintu bitatu yakundiye Pascaline.

Mu gusubiza icyo kibazo yagize ati:” Ntakindi nagendeyeho uretse urukundo, ubumuntu ndetse no gusa neza”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Nabanaga nawe ari indaya yange”! Killer Man yise umugore we “Indaya” kumugaragaro nyuma yo gusezerana

UCL: Paris Saint Germain ibifashijwemo na Kylian Mbappé bageze muri 1/4 mu gihe Harry Kane na Bayern Munich bahannye Lazio Rome