in

MWITONDERE AHO MURYAMA: Yatunguwe no gusanga inyamaswa mu buriri bwe yiyoroshe (AMAFOTO)

Umuturage wo muri Kalbar  mu  Burengerazuba bwa Gold Coast muri Queensland  yatunguwe no gusanga inzoka mu buriri bwe yiyoroshe ,ahita asaba abantu kujya babanza kwitondera aho baryama kuko ngo iyo atabanza kureba yari kugirirwa nabi niyo nzoka .

Mu mafoto agaragara mu nkuru y’ikinyamakuru The New York Post bigaragara ko uyu mugabo yafotoye iy’inzoka iri mu buriri bwe  ariko igice cyimwe kikiri mu mashuka ubona ko neza nayo yari yari yiyoroshe ku buryo iyo atabanza kwitegereza yari kurarana nayo ikaba yanamurya.

REBA HANO AMAFOTO

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Turangire umuti ugabanya ibiro?” Shazz watumye Davis D na Kade bajya mu gihome yagaragaye ari kubyina agaragaza ko asigaye afite mu nda zeru – VIDIO

Nyamara Rayon Sports harimo ikibazo benshi batabona! Ikipe ya Rayon Sports yaraye ikoze imyitozo idafite abakinnyi 6 b’inkingi za mwamba