in

Musore, Tsindira umutima w’umukobwa ukoresheje ubu ibiryo bworoshye.

Musore, hari uburyo wakoresha ukabasha gutwara umutima w’umukobwa ariko udakoresheje amafaranga yawe cyangwa ikindi kintu. Muri iyi nkuru turaza kubivuga mu buryo butatu.

1. Mwereke ko umukunda.

Nta kintu gishimisha nko kwereka umutima w’umukobwa ko umukunda cyane. Bene aba bakobwa beza , ni ab’abasore bakomeye b’abanyamuhate , kubera ko bakora cyane kandi bagakora ibyo iyi ngingo ya 2 isaba kandi neza. Emera ukuri ubundi wicare hamwe nawe ,umubwire ko umukunda cyane.

2.Muririmbire.

Abagore bamwe baba bacanye ku maso. Bakunda kumva umuziki mwiza , umuziki w’urukundo. Kumukunda cyane rero no ku mwereka ko umukunda cyane, ni uko uzakoresha imbaraga zawe zose. Shaka ijwi ryiza ubundi umuririmbire kahave. Koresha ijwi riramukurura niba utazi no kuririmba jya kubyiga, cyangwa wige kurya amagi kugira ngo rize.

3.Muganirize wisanzuye kandi ushize amanga.

Iyo uri gutereta inkumi, koresha amagambo meza cyane mu gihe muri kumwe n’igihe mutari kumwe. Amagambo meza , azatuma agukunda kandi udahari.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto yo mu bihe bitandukanye ya Miss Umunyana Shanitah wegukanye ikamba rya Miss East Africa 2021

Nyarugenge:inkumi y’ikimero yafatiwe mu kabari , nyuma y’aho umusore bari kumwe amutayemo atishyuye.