in

Musore! Menya uko waturisha igitsina cyawe igihe cyafashe umurego ukabije

Abantu b’igitsina gabo ni abantu bahora bahura n’ikibazo kimwe, hari igihe igitsina cyabo gifata umurego kikanga kugwa, kandi cyafashe umurego atari ku bushake bwabo.

Gusa ntibikagutere impungenge kuko hari uburyo wa bikemura.

Uburyo bwa mbere ni ugufata igitsina cyawe ukakirebesha hejuru ukagifatisha mu rukenyerero rw’ipanaro wambaye, ibyo bigatuma amaraso yose asubira hasi akagabanya umurego.

Uburyo bwa kabiri ni ugufata icyupa cyanga ikindi kintu gikonje cyane ukagikozaho nk’amasegonda 45.

Ubundi buryo ni ukuryama ugaramye nabyo byagufasha, ukirinda kuryama wubitse inda, cyanga ukaryama utiyoroshe ugakubitwa n’imbeho ubundi umubiri ugahora.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza w’ikipe yo mu Rwanda yavunikiye mu myitozo

Umusore wari icyamamare kuri TikTok na Instagram wiyitaga 2Pac w’Afurika yitabye Imana – VIDIO