in

Musanze yagenderewe n’urubura ruhakora amabara _ VIDEWO

Mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaraguru , haguye imvura idasanzwe yari yiganjemo urubura rw’inshi.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu , mu Karere ka Musanze mu Majyaruguru y’u Rwanda haguye imvura nyinshi yari yiganjemo urubura rw’inshi maze rwangiza ibikorwa bitandukanye.

Amakuru Yegob yahawe n’umuturage utuye i Musanze yadutangarije ko urwo rubura rw’ibasiye umurenge wa Kinigi ndetse na Nyange maze rukangiza ibikorwa by’abaturage birimo inzu ndetse n’imyaka yari mu murima.


Ikigo cy’igihugu gishinzwe iteganya gihe giheruks kuburira abanyarwanda ko mu mpera z’ukwa Gatatu ndetse n’intangiriro z’ukwa Kane bizaba ari ibihe by’imvura nyinshi ndetse yiganjemo n’umuyaga mwinshi. Ibintu bisaba kuzitwararika ku bantu batuye mu duce twibasirwa n’imyuzure.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports WFC yacunze abantu bahugiye ku mukino w’Amavubi maze ifatirana ikipe iyitsindagira ibitego

FIFA yahaye inkunga ikomeye amashuri 4000 yo mu Rwanda