in

Muri Africa havumbuwe igiti gihenze kurusha ibindi byose

Ni igiti kiba muri Africa gusa kikaba kinahenze cyane dore ko bakigurisha ku biro aho kukigurisha uko gihagaze, icyo giti bakita Dalbergia melanoxylon, kiba muri Africa gusa.

Iki giti aho cyavumbuwe ni muri Erterea, south Africa ndetse nahandi kikaba aricyo gisigaye gikorwamo amaguitar kubera ukuntu kiba gikomeye.

Ubu bwoko bw’iki giti gishobora kigura amadorli ibihumbi icumi (10,000$) ubwo mu manyarwanda ni miliyoni icumi z’amanyarwanda.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Manchester united na Arsenal bashobora kuzakina Champions league y’uyu mwaka

Mbappé nyuma yo guca agahigo ko guhembwa menshi aho yaririye aya mbere byari akataraboneka.