in

Manchester united na Arsenal bashobora kuzakina Champions league y’uyu mwaka

Ubunfi amakipe yajyaga muri Champios League ni ane mu gihugu cy’ubwongereza gusa ariko Manchester United yasoje ku mwanya wa 6 ndetse na Arsenal yasoje ku mwanya wa 5 bose bashobora kuzakina Champion league.

Duhereye kuri Arsenal, inzira yayo yayijyana muri champion League ni uko Chelsea yaba itari yabona ba nyirayo kigeza ubwo umwaka wa shampiyona yaba itangiye icyo gihe Chelsea yabaye iya kane ntago yaba ikigiye muri champion league ubwo hahita hagenda Arsenal yabaye iya 5 mu manya wa Chelsea.

Nkuko UEFA yabitekereje ko ishobora kongera amakipe yitabira champion league akava kuri 32 akaba 36 ubwo mu bwongereza hazajya hajyayo 5, kubera ko Chelsea yaba itakitabiriye, Manchester United yabarwa nk’iya 5 nayo igakina champion league.

Ngiyo inzira itegerejwe na Manchester united yo kujya muri champion league y’umwaka utaha.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
ERIC MAZIMPAKA
ERIC MAZIMPAKA
2 years ago

Chelsea ntiyabaye iya 4 mwibeshye ,you need to be accurate in what you write

Birababaje: umusore yapfuye nyuma yo gukora ubukwe

Muri Africa havumbuwe igiti gihenze kurusha ibindi byose