in

Muramira Regis uvugwa ko yanga Rayon Sports yashimye cyane ubuyobozi bw’iyi kipe ndetse n’abatoza kubera ikintu gikomeye bakoze

Ntabwo bisanzwe cyane kumva umunyamakuru w’imikino Muramira Regis atangaza kimwe mu bintu byiza ubuyobozi ndetse n’abatoza ba Rayon Sports bakoze.

Uyu mugabo yatangaje ko ashima cyane aba bagabo bitewe nuko bahuza cyane mu bintu byose bakora.

Ibi uyu munyamakuru yabitangaje mu kiganiro k’imikino akora kuri fine fm avugako ibi bintu ubuyobozi ndetse n’abatoza b’iyi kipe bakora ari byiza cyane ukurikije uko Haringingo Francis akiri muri Kiyovu Sport yagendaga atereranwa na Mvukiyehe Juvenal umuyobozi w’iyi kipe.

Ibi nyuma yo kubitangaza benshi batunguwe cyane bitewe nuko bidasanzwe kumva avuga neza iyi kipe kandi bari baziko yanga cyane Gikundiro.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nana wo muri citymaid yahawe impano y’imodoka n’umukunzi we (Amafoto)

Breaking News: Miliyoni ikipe ya Mukura Victory Sports yasaruye ku mukino wayo na Rayon Sports zamaze kumenyekana