imikino
Mukunzi Yannick n’umukunzi we Joy baba bibarutse imfura yabo mu ibanga rikomeye

Cyo kimwe na rutahizamu Cristiano Ronaldo wibarutse imfura atabana n’umugore we,ubu biravugwa ko Yannick Mukunzi nawe yamaze kwibaruka imfura ye.Urukundo rwa Joy na Yannick Mukunzi rwafashe indi ntera nk’uko YEGOB.RW imaze iminsi ibibabwiye ndetse kuri ubu amakuru atugeraho  aremeza ko Yannick ukina hagati yugarira mu ikipe ya APR FC na Joy Iribagiza baaba bamaze kwibaruka imfura ye.
Amakuru YEGOB.RW ikomora mu nshuti za hafi za Yannick arahamya neza ko Joy yamaze kwibaruka umwana we wa mbere na Yannick kabone nubwo batabanaga nk’umugore n’umugabo ariko urukundo rwabo ruragaragara kandi rugashimisha abatari bacye.
https://www.instagram.com/p/BK28cDhBee6/?taken-by=mukunziyannick&hl=en
Ngo ntabwo Yannick Mukunzi ashaka ko bitangazwa  gusa kandi umwana ngo aramwemera ariko agashaka ko bikomeza kuba ibanga  rikomeye ndetse mu minsi ibiri ihize yashyize hanze ifoto ya cyera imugaragaza ari gusoma uyu mukobwa  ku ijosi yongeraho amagambo agira ati ” ku ndiba y’urukundo,urukundo rwawe rugenga ibitekerezo byawe ”
Iyi Nkuru YEGOB.RW iracyayigukurikiranira…………
-
Imyidagaduro2 days ago
Umva ibyo Bahavu Jeannette wamenyekanye nka Diane muri City Maid yatangaje nyuma yo gukora ubukwe.
-
Imyidagaduro1 day ago
Bamenya noneho areruye avuga umukobwa akunda|anavuga ku bukwe bwe.
-
Imyidagaduro1 day ago
Dj Miller yibutswe mu buryo budasanzwe| Umugore we byamurenze araturika ararira
-
Imyidagaduro1 day ago
Rocky Kimomo yakoreye ibidasanzwe abanyamakuru ubwo yari agiye guhabwa igihembo yatsindiye
-
Imyidagaduro1 day ago
Umugore wa Tom Close yabwiye amagambo meza y’urukundo umugabo we nyuma y’igihembo yahawe
-
Imyidagaduro2 days ago
Miss Jordan Mushambokazi yakorewe ibirori bya bridal shower n’inshuti ze (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Mu magambo y’urukundo rwinshi, umugabo wa Bahavu Jeannette yamuvuze ibigwi..
-
Imyidagaduro8 hours ago
Miss Igisabo yifashishije indirimbo y’urukundo yifurije Bruce Melodie isabukuru nziza y’amavuko
Kambisa joyc na yannick baraberanye pe bakomeze bakundane cyane.