in

Muko ntuzigere ubaza umusore ibi bibazo 6 niba ushaka ko urukundo rwanyu ruramba 

Hari ibintu byinshi bituma urukundo rusenyuka cyane cyane harimo na bimwe mu bibazo abakundana babazanya hagati yabo.

Mukobwa niba ushaka ko urukundo rwanyu ruramba ntuzigire ubaza umusore ibi bibazo bikurikira.

1.Ntukabaze umukunzi wawe niba agikundana na ex we

2. Ntukabaze umusore umushahara we

3.Ntu gasabe umusore impano

4. Ntukamubaze ibyerekeranye nibyo akorera ku mbuga nkoranyambaga ze

5.Ntukamubaze amateka y’ibyo yanyuze mo, kereka ariwe ubikwibwiriye.

6.Ntukamubaze uburyo akoresha mo amafaranga ye.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bagaragaye mu ishusho nshya: Abanyabigwi babiri bagaragaye mu ishusho idasanzwe yavugishije imbaga y’abantu

Dore umugabo washakanye n’abagore 27 umunsi umwe.