in

Mu mwiherero wa Miss Rwanda ntabwo byoroshye, siporo ni karahabutaka (amafoto)

Nyuma y’uko hari abakobwa 20 bamaze gutoranywa ko bazajya mu mwiherero wa Miss Rwanda kugirango hatoranywemo umukobwa uhiga abandi uzegukana ikamba rya Miss Rwanda 2022.

Ku munsi was kane wa Miss Rwanda abakobwa 20 bakaba hazindukiye muri siporo mu buryo bwo kugirango bagire ubuzima bwiza ndetse hanarebwe urwego rwa buri umwe mu mwitozo ngorora mubiri.

Muri iki gitondo abakobwa uko ari 20 bakaba bari bambaye imyenda myiza yagenewe siporo ndetse n’inkweto zabugenewe.

Aba bakobwa bakaba bakoze siporo bari kumwe n’umutoza wabo, mbere y’uko barangiza siporo bakaba bakoze imyitozo yo kwinanura.

Aba bakobwa bakaba  baherereye muri Hoteli imwe iherereye mu karere ka Bugesera, ndetse bakaba banakora ibikorwa byo gusura ibice bitandukanye.

Amafoto tuyakesha Inyarwanda. Com

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Radio ya Austin Power Fm igihe izatangirira kuvuga cyamenyekanye.

Shaddyboo yerekanye uko arya isi benshi bacika ururondogoro. (Video)