in

Shaddyboo yerekanye uko arya isi benshi bacika ururondogoro. (Video)

Umukobwa uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda Shaddyboo akaba yashyize hanze amashusho agaragaza ukuntu ari kwineneza arya isi aho benshi bakomeje gucika ururondogoro.

Shaddyboo akaba ariwe muntu wa mbere mu Rwanda wujuje abamukurikira benshi Kuri Instagram aho yujuje abantu bangana na miliyoni 1 y’abamukurikira.

Ubu ngubu niwe mu nyarwanda ukurikirwa n’abantu benshi ndetse yewe uburyo aryoshyamo benshi bakomeza kuvugako amafaranga ayafite ku buryo buhagije.

Shaddyboo akunze kugaragara avugako umuntu agomba kurya amafaranga kuko ubuzima ari buto.

Mu mashusho yashyize ku rukuta rwa Instagram humvikanamo amajwi avuka ko umuntu agomba gukorera amafaranga amwe akayarya andi akayabika mu buryo bwo kugirango azabeho nezau minsi yashyize.

Benshi bakaba bamugaragarije urukundo rukomeye, bamwe bati hatwike, rya amafaranga ndetse yewe n’abandi bakaba bagiye bashyiraho emoji zigaraza umuriro

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mwiherero wa Miss Rwanda ntabwo byoroshye, siporo ni karahabutaka (amafoto)

Sheebah yatumye isi icika ururondogoro -Amafoto