in

NdabikunzeNdabikunze

Mu magambo meza ya kibyeyi,Anita Pendo yifurije umwana we isabukuru nziza.

Umunyamakuru, ndetse akaba n’umudj Anita Pendo yifurije isabukuru nziza umwana we w’umuhungu wa kabiri mu magambo meza ya Kibyeyi.

Anita Pendo yifashishije urukuta rwe rwa Instagram, yavuze ko umwana we Ryan yuzujuje Imyaka itatu.Yagize ati:”Umuhungu wanjye w’ubuheta Gisa Ryan yujuje imyaka itatu, muhungu wanjye mama wawe aragukunda cyane.”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba ushaka ko umukobwa mukundana yifuza guhorana na we, mufate muri ubu buryo.

Nyuma yo kwamamara muri filime z’urukozasoni, Isimbi Noeline yatangiye umurimo mishya.