in

Mu Mafoto: uko ibyamamare muri ruhago byizihije umunsi mukuru wa Noheli

Itariki 25/12 ni umunsi ukomeye cyane kuba kristo bamera ivuka rya Yesu,bemera ko yavutse kugirango azabitangire babarirwe ibyaha byabo.

Niyo mpamvu twabashakiye amafoto yabimwe mu byamamare muri ruhago uko bizihije uwo munsi.

Rodrigo umukinnyi wa Real Madrid n’iki y’igihugu ya Brazil yifatanyije n’umuryango we kw’izihiza umunsi mukuru wa Noheli.

Nawe yifatanyije n’umuryango we kw’izihiza umunsi mukuru.

Thiago Umukinnyi wa Liverpool,hamwe  n’umuryango bishimiye umunsi mukuru.

Mbappè yishimira umunsi mukuru wa Noheli.

Mohamed Sarah yishimanye n’umuryango we mu munsi mukuru wa Noheli.

Halland nawe yifurije abantu umunsi mukuru wa Noheli.

Lewandowsk hamwe n’umuryango.

Suarez yishamanye n’umuryango we.

Messi nawe nyuma yo gutwara igikombe cy’isi ibyishimo birakomeje n’umuryango bishimira umunsi mukuru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Tite watoje Brazil mu gikombe cy’isi yacakiranye n’ibihazi bya Rio de Janeiro bimuhora amarira yateje abaturage

Zari wabyaranye na Diamond Platinumz ari mu marira menshi