in

Mu mafoto : tembera ahagiye kubera igitaramo cy’umuhanzi Omah Lay.

Muri iri joro ryo kuwa Gatandatu tariki 13 Ugushyingo 2021 mu nyubako y’imyidagaduro ya  Kigali Arena hagiye kubera igitararamo cy’umuhanzi w’igihangange muri Nigeria, Omah Lay.Kuva saa 18:00 abantu bari batangiye kwinjira aharabera iki gitaramo ari benshi ndetse na MC Buryohe na Bianca nibo bari bifashe abantu gususuruka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku myaka 55 atararyamana n’umugabo n’umwe yakoze ubukwe bw’agatangaza||hibazwa niba azabyara.

Fata icyemezo bwangu niba ubona ibi bimenyetso ntabwo umukunzi wawe mukwiranye.